Mwaramutseho neza, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibijyanye n’ubumenyi bw’ikirere Meteo Rwanda cyatangaje uko ikirere giteganyijwe kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Gicurasi 2024. Meteo Rwanda yatangaje...
Mu mashusho yagiye hanze nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Gasogi Football Club na Etiencelles FC hagaragaye abakinnyi b’ikipe ya Gasogi n’umuyobozi wayo KNC bateruye igikombe muri...
Umukinnyi ukina asatira izamu muri Chelsea Fc Cole Palmer, niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa kane muri English Premier League nyuma yo gutsinda ibitego 7 mu...
Umuraperi w’Umunya-Canada Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake, ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’uko urugo rwe ruherereye i Toronto rurashweho n’umuntu utaramenyekanye agakomeretsa mu buryo...
Antonio Rudiger, umudage ukinira ikipe ya Real Madrid yagaragaye yishima bidasanzwe ubwo we n’ikipe ye bari bamaze gusezezerera ikipe ya Bayern Munich mu mukino wa ½...
Mwaramutseho neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe ibijyanye n’ubumenyi bw’ikirere Meteo Rwanda cyatangaje uko ikirere giteganyijwe kuri uyu wa Kane tariki ya 09 Gicurasi 2024. Meteo Rwanda yatangaje...
Jadon Sancho, umukinnyi w’ikipe ya Manchester United ukinira ikipe ya Borussia Dortmund ku ntizanyo mu gihugu cy’Ubudage, yaraye akoze amateka ubwo we n’iyi kipe akinira baraye...
Byahinduye isura hagati y’umuraperi 50 Cent n’umugore witwa Daphne Joy babyaranye umwana w’umuhungu witwa Sire Jackson. Nyuma y’iminsi bibasirana ku mbuga, ubu 50 Cent yamaze kumujyana...
Bruce Melodie na DJ Marnaud bagiye guhurira mu gitaramo giteganyijwe kubera i Bruxelles mu Bubiligi ku wa 6 Nyakanga 2024, aho kugeza ubu abakunzi b’aba banyamuziki...
Umutoza wa Manchester United biravugwa ko ari ku rutonde rw’abatoza bashobora kujya gusimbura Thomas Tuchel mu ikipe ya Bayern Munich mu gihugu cy’ubudage. Ikipe ya Bayern...
Recent Comments